1 gukiza abana,urubyiruko n’abantu bakuru ingaruka zitewe n’ihungabana rwanda 27-29, ukwakira...

Post on 14-Dec-2015

252 Views

Category:

Documents

6 Downloads

Preview:

Click to see full reader

TRANSCRIPT

1

GUKIZA ABANA,URUBYIRUKO N’ABANTU BAKURU INGARUKA ZITEWE N’IHUNGABANA

RWANDA

27-29 , UKWAKIRA 2008

2

ABAHUGURA

• Maarit Brooks• Umuganga

w’umuryango• Umufasha ku

bijyanye n’amarangamutima

• Akorera Bristol, mu Bwongereza nk’Umuganga w’umuryango

• Carly Raby• Avura akoresheje

gushushanya • Umufasha ku bijyanye

n’amarangamutima• Umuyobozi mukuru

wa Luna• Impuguke yigenga ku

bijyanye ’Uburenganzira bw’Abana – Mu Ubwongereza

3

Tuziga iki?

• Ubuzima bwo mu mutwe • Ibyo dukenera by’ibanze• Uburyo ubwonko bwacu bukora• Inyitozo iruhura• Ihungabana • Kuvura Ihungabana ku bantu bakuru n’abana• Uburyo bwo gushyiraho umwanya wo kuvura• Kubaka abaturage

4

KUWA MBERE

• 9h00: Intangiriro ku Ubumuntu wahawe (HG)

• 9h30: Ubuzima bwo mu Mutwe n’ibikenewe by’ibanze

• 10h35: Akaruhuko• 10h50: RIGAAR – Uko bategura

ikiganiro • 12h00:IFUNGURO

• 1h00: Ubwonko busanzwe n’Ubwonko bw’ubuhanga

• 1h30: Kuyobora ibitecyerezo (Abantu bakuru)

• 2h15: Umwitozo• 2h45: Akaruhuko• 3h00: Kuyobora ibitecyerezo

(Abana) • 3h45: Umwitozo • 4h30: Kungurana ibitecyerezo • 5h00: Gusoza

BURI MUGOROBA - CARLY NA MAARIT BARABONEKA GUSUBIZA IBIBAZO CYANGWA KUNGURANA IBITECYEREZO

5

KUWA KABIRI

• 8h30: Kuhagera no kwitegura• 9h00: Ihungabana

-Abakuru/Abana• 9h45: Gusubiza inyuma

kubantu bakuru n’uburyo bikorwa

• 10h15: Kureba Video• 10h50: Ibibazo• 11H00: Akaruhuko• 11h20 : Imyitozo mu gukorana

n’Abakuru usubiza inyuma• 12h00: Ibibazo

• 12h15: IFUNGURO

• 1h15: Gusubiza inyuma ku Abana n’uburyo bikorwa

• 2h15: Ibibazo• 2h25: Imyitozo • 3h15: Ibibazo• 3h25: Akaruhuko• 3h50: Gusobanura aho kuboba

ibyibanze bihurira n’uburyo bwo kuyobora ibitecyerezo no kuvura ihungabana n’uburyo byuzuzanya.

• 4h30: Ibibazo /Gusoza

BURI MUGOROBA -CARLY NA MAARIT BAZAJYA BABONEKA GUSUBIZA IBIBAZO CYANGWA KUNGURANA IBITEKEREZO

6

KUWA GATATU

• 8h30: Gusubiza inyuma ku Abana - Imyitozo • 9h00:Kuhagera no gusubiza ibibazo ku imunsi ya hashize. • 9h30: Inkuru Healing stories• 11h00: Akaruhuko• 11h15: Indoto n’Inzozi mbi • 11h45:Kwitoza kuyobora ikiganiro (RIGAAR)• 12h45: Ibibazo, gufashwa no guhabwa ibyavuyemo• 1h00: IFUNGURO• 2h00: Kubaka abaturage• 3h30: Kubaza muri rusange• 4h00/ 5h00: ( Gasubizaho akanya katakaye n’ibibazo) Gusoza

7

Umunsi wa Mbere

Gushyiraho iby’ibanze

8

Ubuzima Bwo mu Mutwe

• Uko bimeze mu Bwongereza• Impamvu abantu batabona iby’ibanze mu

Bwongereza• Uko bimeze mu Rwanda• Impamvu abantu batabona ibyibanze mu

Rwanda• N’iki duhuriraho n’ingorane dusangiye?

9

Ibikenewe by’Ibanze

- Ibyo kurya bihagije

- Amazi meza - Aho kuba- Umutekano- Kuvurwa- Kwiga

10

Ibikemewe ku maranga mutima

• Umutekano• Kugira inshuti imwe y’ingenzi• Kugira ikiduhuza n’abandi• Uko umeze• Ubushobozi no kugera kuntego• Kwiyobora no kuyobora abandi• Kwitabwaho• Kwiherera• Kumva ufite ucyo uvuze /umaze

11

Umutekano

12

Inshuti imwe y’ingenzi

13

Kugira ikiguhuza n’abandi

14

Imibereho

15

Ubushobozi no kugera ku intego

16

Gushobora kwiyobora no

kuyobora abandi

17

Kwitabwaho

18

Kwiherera

19

Kugira agaciro

20

Ubushobozi twifitemo nk’abantu

• Ubushobozi bwo kwibuka no Kwibagirwa• Ubushobozi bwo guhura n’abandi bantu• Gutecyereza/kurema ikintu mubitekerezo• Ubwonko bw’ubuhanga• Ubushobozi bwo kumenya Isi tuyigereranije• Kureba ibintu muburyo bwagutse• Ubushobozi bwo kurota

21

Ubushobozi twifitemo nk’abantu

• Gukora imyitozo y’ibintu bifatika.

22

Akaruhuko

23

RIGAAR – Modeli yo Kuvura

• K: Kubaka uburyo bwo guhura

• G: Gukusanya amakuru

• K: Kwiha intego

• K: Kugera/gukoresha kubushobozi dufite

• K:Kumvikana kuri gahunda mugatangirana nayo

• G: Gusubira muri gahunda no gutsinda

24

K:Kubaka uburyo bwo guhura

Kuba hamwe mu– kuvugana– Uko ku maso

hameze – Kujyanisha

n’uburyo ingingo z’umubiri zigenda .

25

G:Gukusanya amakuru

• N’ikihe kibazo?• Cyatangiye ryari?• Imbaraga?• Uko ubuzima

bwifashe ubu?• N’inde wafasha? • N’iki kitaragerwaho

ku maranga mutima, kubera iki?

26

K:Kwiha intego

• Mwumvikane ku ntego z’ubuvuzi muburyo burambuye

• Intego nziza iba– Ijyana heza

– Ishobora kugerwaho

– Ituma ibyibanze bigerwaho

27

K: Kureba ubushobozi afite

• Gereranya/reba imbaraga z’uwo muntu

• Bibutse gutsinda kwabo n’ibyo bagezeho

• Hari abandi bantu bamufasha?

28

K:Kwemeranya kuri gahunda no kuyikurikiza / kuyitangira

• Kora gahunda ishoboka yo kuvura no gukira

• Iyo gahunda irimwo: – Gutanga amakuru– Imyitozo iruhura no gutecyereza ajyana

kubyiza– Inkuru zivura/zikiza– Kuvura ihungabana

29

K:Kwitoza iyo gahunda no gutsinda

• Saba uwo ufasha gukoresha mu ibitekerezo

30

Shyira mubikorwa - Uburyo bwogufasha bwitwa RIGAAR

31

IFUNGURO

32

Ubwonko busanzwe / Ubwonko bw’ubuhanga

33

“Ubwonko Busanzwe” … “Ubwonko bw’Ubuhanga”

• Itandukanyirizo mu mikorere y’Ubwonko bw’Ubuhanga n’Ubwonko Busanzwe

•Ubwonko busanzwe nibwo bukuru (Imyaka amamiliyoni), ariko sibwo buhanga – Bwakorewe gushobora gukiza umuntu muburyo bushoboka bwose

•Ubwonko bw’Ubwenge ni bushya, kandi burayunguruye, bigatuma habaho intego no gufata ibyemezo bifatika ushingiye kukuri guhari

34

“Ubwonko Busanzwe”

• Amarangamutima mabisi / atayunguruye• Kuturaburira ahari ikibi• Kukoma imbarutso kucyakorwa vuba

kugirango tubeho

35

“Ubwonko bw’Ubuhanga”

• Gutekereza• Gukora gahunda • Gushobora kwibuka• Guhura n’abandi• Kwita kubandi

36

Gutekereza neza – Imikorere yizana mu muntu

© 1995-2002 by Prentice-Hall, Inc.

37

KUYOBORA IBITEKEREZO

• Gutangiza imyitozo iruhura

• Kuvura ukoreshe kuyobora ibitekerezo

• Kurangiza / gusoza kuyobora ibitekerezo

38

Gushyira mubikorwa – Kuyobora mu bitekerezo umuntu mukuru

39

Akaruhuko

40

Kuyobora Ibitekerezo – Bikoreshejwe / Bijyanye n’Abana

• Abana bagira ingufu kurusha abantu bakuru, kwicara rero kuribo ntibibaruhura

• Ntibakunda kwicara bafunze amaso – baratinya ntibizere umuntu mushya bari kumwe

• Abana bakunda gukina bisanzwe kugirango bakore inkuru

41

Kushyira mubikorwa - Kuyobora ibitekerezo mu bana

Amabwiriza yo gushyira mubikorwa – K’Umujyanama• Toranya ibintu bitatu cyangwa bine • Bishyire kurupapuro rw’impande enye• Mukanya gato ,ngiye kukubwira izina/inyito y’inkuru•Urankreramo inkuru, ukoresheje ibi bintu, kandi ugomba kuyivuga vuba wihuta mu buryo ushobora - urumva?•Ndaguha izina numa nkome mu mashyi – nibwo uri butangire - witeguye?•Izina ry’inkuru ni ………(rigomba kuba rifunguye, urugero ‘Umunsi umwe hava izuba’, ‘ijoro rimwe’ n’ibindi) …… Ukome mumashyi•Noneho ugatega amatwi (ukumva uko awuvuga n’icyabaye muri iyo nkuru y’umwana)•Umwana yahagarara, uka mushimira ukamubaza ibibazo kugirango wumve ko wakurikiye inkuru neza (reka umwana ariwe ukuyobora )•Ukureho bya bintu

42

Ikiganiro/kungurana ibitecyerezoWIBUKE •Buri gihe ko umwana agomba kuba ariwe uyobora•Ibimuza mu bitekerezo byose n’ibyo bikora inkuru nziza - Ntuyiseke•Ntuyihe ibisobanuro-reka igume ari inkuru gusa•Mwogeze umutere imbaraga , mugihe akubwira inkuru •Baza ibibazo kunkuru irangiye, bituma umwana akubwira byinshi(icyangombwa n’uko ariwe uyobora)•Ibuka ko bigomba kuba binaruhura , bisetsa umwana Wimuhata ibibazo birenze!•Ntukore kubintu batoranije•Nyuma wibuke uko inkuru yagenze,ibyabaye,n’ibihe bintu yatoranije, byakoze iki, uko ibindi by’iyumvise n’ibindi.

43

Ibibazo

44

Gusoza

45

Umunsi wa 2

Kuvura Ihungabana

46

Gusubiramo iby’umunsi wa 1

47

IHUNGABANAUBWONKO BUSANZWE NIBWO BUKUYOBORA KUKO KUREHA IKIBI KANDI BUGAKORA N’UBURYO BWO

KUROKOKA :

• Kurwana• Guhunga• Kugangarara/kugwa ikinya

48

FIGHT• Gukorana

ingufu

• Guhitamo

49

Guhunga• Gukora

n’imbaraga

• Guhitamo

50

Kugwa ibinya• Byarangiye• Nta mahitamo• Igihe cy’ubwoba

bwinshi cyane • Gusa n’urota aho buri

kintu kiyandika/kishushanya mu bitekerezo nk’ifoto

51

Uburyo Ihungabana ritugiraho ingaruka?

• Kongera kuribamo (ibishushanyo, ibitekerezo , mu ndoto, ibyabaye kukugarukamo, umunaniro)

• Kwirinda icyakwibutsa kubyabaye bibi (abantu, ahantu,ibiganiro)• Kunva ntacyo ukeneye - (gutandukana no kugashishikarira kubana n’abandi)• Gihindagurika mu myifatire (umujinya,umunaniro, kutaguma hamwe,

kudasinzira neza)• Kubabara no kuribwa mu nyama• Guhitwa• Guteraguzwa k’umutima• Umutwe• Umubabaro ukabije• Kurakazwa n’ubusa• Kudakurikira neza

52

Ihungaban n’AbanaAkenshi Abana :

• Birabagora kwizera uwariwe wese ahubwo bakizirika ku babyeyi aba barera cyangwa umuryango

• Gusinzira birabagora (Garota nabi)• Kwibuka amashusho mabi y’ibyabaye• Gukurikira bikabagora • Kumva ashanyaraye • Gutaka kenshi ko “ababara munda”/ “Ababara umutwe” cyangwa

kumva atameze neza mu mubiri ‘’• Gukina ibyabaye kenshi abisubiramo,ariko ntacyo bimumariye• Ubona imihindukire mumyitwarire uko ubona isi biba byarahindutse• Ubwoba no guhangayika agatinya kugenda wenyine cyngwa kujya

ahamwibutsa ibyabaye bibi • Gutakishimira abyabashimishaga mbere

53

Kuvura Ihungabana – Tekinike yo Gusubiza imyuma

• Umunyu azi neza ibyo ari mugukora

• Singombwa gusobanura ibyabaye

• Buri kintu gikorwa muburyo bwo guhimba mu bitekerezo/kurema

• Ikora vuba

• No mubihe bikomeye by’ihungabana ry’ihohoterwa ryavurwa

54

Ihungabana na tekinike yo Gusubiza inyuma

• Imyitozo iruhura

• Kuyobora ibitekerezo

• Gusubiza inyuma Ihungabana

• Kuyobora ibitekerezo

• Gusoza kuyobora ibitekerezo

55

Gusubiza inyuma Ihungabana – uko bikorerwa abantu bakuru

56

Kwerekana uko bikorwa

57

Filime yo Gusubiza inyuma Ihungabana ku bantu Bakuru

58

Ibibazo

59

Akaruhuko

60

Gusubiza inyuma Ihungabana – Abana

•Umwana aba ayobora byose muri icyo gihe

•Ntakeneye gusobanurirwa ibyabaye, keretse babishatse

•Byose bikorwa muguhimba no gukina

•Iyi tekinike ikora vuba cyane

•No ku ihungabana rikomeye /guhohoterwa byavurwa

•Ni tekinike ishimisha ubwayo bigatuma abana bayikunda / bakunda iki gikorwa

KORA IBINTU MUNKURU.INKURU (uva ahari umutekano – ujya – kuw’undi mutekano). GUSUBIRA INYUMA (Kuva ahari umutekano ujya aho uri ).Subiramo kenshi . Zana mo ibindi bintu bishya . Inkuru itandukanye , itanga ibisubizo bitandukanye.Shushanya/ muganire .Gusoza.

61

Kuvura Abana Ihungabana – Bishyirwa mubikorwa

62

Umwitozo - Gusubiza inyuma ku bana

Kora ibintu mu inkuruInkuru (umutekano – kugeza - kumutekano)Subiza inyuma (umutekano – kugira - umutekano)Subiramo. Zana/ injizamo ibindi bintu. Inkuru itandukanye ivamo ibintu bitandukanye/shushanya/ mubivugeho/Gusoza

63

Akaruhuko

64

Imikoranire ya za tekinike mugukiza neza

Kubina ibikenewe Kuyobora ibitekerezo Kuvura Ihungabana

Bishobora gukorana mu kuvura Ihahamuka

65

Ibibazo

66

Gusoza

67

Umunsi wa 3

Gushyira mubikorwa

68

Gusubira mubyo umunsi wa 1&2

69

Inkuru

• Uburyo bwo guha agaciro isi

• Uwenge• Kuyobora• Gukina • Gutekereza • Gukira

70

Gukoresha Inkuru mu Gukiza

• Inyitozo iruhura• Kwiga • Amakuru afasha • Kubona uburyo ibishya• Gushobora guhimba -

“Kuva mu isi ikomeye”• Umwanya wo kubona

ibintu mu rumuri rushya rutandukanye

71

Uko wabona inkuru ikwiye?• Kumva inkuru zabo• Kumenya umuntu• Kwiga imyifatire yabo• Kumva injyana iri mu inkuru bavuga• Guhitamo icyo bakeneye kumva• Gutegura uko utanga ubutumwa• “Kwambika” ubutumwa kugirango babwakire

neza

72

Reka bisanzure

• Ntuzigere usobanura inkuru• Reka uteze amatwi guhutamo ubutumwa

mu inkuru – wibi muhatara ! • Reka habeho ubwisanzure

73

Kuvuga inkuru

74

Akaruhuko

75

Kurota n’Inzozi mbi

• Reka abana n’abantu bato bashushanye ibyo babonye mu nzozi barota, hanyuma mubiganireho, bibiha ubusobanuro “ijwi” kuguhangayika kuri mu mitwe yabo.

• Babaze uwo bashushanyije , niba hari uwo batoranije kubarengera /kubarinda.

• Bashishikarize kongeraho umuntu cyangwa ikintu mu gishushanyo cyabo wo kubarinda maze mubiganireho. Ushobora kubona za nzozi mbi zirekeye aho.

• Ibi bifasha umwana gukora ku bimuhangayikishije mubiganiriye bakagira umutekano.

76

Igice cyo Gushyira mu bikorwa1:1

Gushyira mubikorwa uko bayobora ikiganiro (RIGAAR)

Imyitozo iruhura Kuvura Ihungabana Kubona ibyibanze

77

Ibibazo, gufasha no gutanga ibisobanuro

78

IFUNGURO

79

Kubaka Abaturage

80

Kubaka Abaturage

Umunota kuri buri muntu• Izina• Kyo ukora• Ubundi bushobuzi ufite• Ibindi byo wafashish’ abantu

Nundi munota

Mushobora gukorera hamwe mute?

81

Ibibazo muri rusange

82

Twize iki?• Ubuzima bwo mu Mutwe muri rusange • Ibijyanye n’ibikenewe by’ibanze• Uko ubwonko bwacu bukora• Imyitozo iruhura• Ihungabana muri Rusange• Kuvura Ihungabana ku bakuru n’Abana• Uko wakora ikiganiro kivura• Kubaka abaturage

83

Gusoza

84

ARCT-RUHUKA

All logos below represent organisations who have contributed, in different ways, towards this training taking place this year

REACH Rwanda

85

86

Ifarashi y’umutego

87

Hasigaye 5 min

88

Muhinduranye

89

trauma@reach-rwanda.org

www.reach-rwanda.org

top related