ikiganiro ku buzererezi mu bana usanga mu mijyi na “centres” z’ubucuruzi mu rwanda

Download IKIGANIRO KU BUZEREREZI MU BANA USANGA MU MIJYI NA “CENTRES”  Z’UBUCURUZI MU RWANDA

If you can't read please download the document

Upload: eytan

Post on 08-Jan-2016

156 views

Category:

Documents


24 download

DESCRIPTION

IKIGANIRO KU BUZEREREZI MU BANA USANGA MU MIJYI NA “CENTRES” Z’UBUCURUZI MU RWANDA. 1. IBIRIMO. Intangiriro Ubusobanuro bw’ijambo “Umwana w’Inzererezi” Uko ikibazo giteye Ku rwego rw’Isi Muri Afurika Mu Rwanda Icyakozwe Ibibazo byagaragaye Ingamba. INTANGIRIRO. - PowerPoint PPT Presentation

TRANSCRIPT

  • **IKIGANIRO KU BUZEREREZI MU BANA USANGA MU MIJYI NA CENTRES ZUBUCURUZI MU RWANDA*

  • IBIRIMOIntangiriroUbusobanuro bwijambo Umwana wInzerereziUko ikibazo giteyeKu rwego rwIsiMuri AfurikaMu RwandaIcyakozweIbibazo byagaragayeIngamba

    **

  • INTANGIRIRO Ikibazo cyabana binzererezi cyatangiye kuvugwaho muri rusange kwIsi mu mwaka wa 1848 I Roma, cyagaragaye mu bana babyarwaga nabakora umwuga wuburaya, cyaje kugaragara cyane nyuma yintambara ya mbere yisi yose mu mwaka wa 1922, ari nako cyagendaga gifata indi sura mu mijyi yateraga imbere haba muri Afurika ,Asiya nahandi. Mu Rwanda cyagaragaye mu mwaka wa 1984, muri uyu mwaka abana bitabwagaho nidini Gaturika binyujijwe muri mu bigo bya : Caritas Diocisin nabasereziani bo mu Gatenga.**

  • UBUSOBANURO BWIJAMBO UMWANA WO MU MUHANDA

    Ijambo umwana wo mu muhanda ni ijambo rikoreshwa kenshi ku mwana utagira aho ataha, utuye ku muhanda, ubusobanuro duhabwa na UNICEF nuko ari Umwana wumukobwa cg se wumuhugu uri munsi yimyaka 18 aho umuhanda (ahadafite nyiraho ) habaye iwabo ndetse hakaba ahaturuka ibimutunga kandi uwo mwana ntazwi nta numwitayeho.**

  • Ku isi: Ikibazo cyabana bo mu muhanda ni ikibazo usanga ku isi hose, kandi umubare wabana bajya mu muhanda ugenda wiyongera, ubu kwisi habarurwa abana barenga miriyoni 150,000,000((http://famvin.org/en/2004/10/27/150-million-street-children-worldwide/). Mu africa: Muri Afurika abana bo mu muhanda bararenga miriyoni 30 (http://www.streetchildafrica.org.uk/pages/what-we-do.html). Mu Rwanda byumwihariko, ikibazo cyabana bo mu muhanda naho kirahagaragara nkuko bigaragazwa nubushakashatsi bwakozwe hagati ya NCC na UNICEF mu mwaka wa 2012, ubu mu bigo dufitemo abana 1104. **UKO IKIBAZO GITEYE

  • Abakobwa ni 83Abahungu ni 1121 Abana bose hamwe bari mu bigo bibitaho 25 naTransit Centers 3 ziyongeraho, izindi zishyirwaho nUturere muri gahunda yo kurwanya ubuzererezi. Naho umubare wabana bari mu muhanda wo ntago izwi

    Ubushashatsi bwakozwe hagati ya NCC na UNICEF bwagaragaje ibi bikurikira mu Turere twa : Nyarugenge, Gasabo, Kicukiro, Muhanga, Huye, Rusizi, Rubavu, Musanze, Gicumbi, Bugesera, Kayonza.

    **UKO IKIBAZO GITEYE(CONT)

  • ***

    Aho dusanga abana binzererezi

    Imijyi;Centres zubucuruziAmasoko;Ku bimpoteri (Aho bamena imyanda).Aho abagenzi bategera imodoka

    Abana bari mu muhanda bari mu byiciro 2:

    Abana baciye indaro mu muhanda

    Abana bajya buri munsi cg kenshi gukora imirimo inyuranye mu mijyi, amasoko, .(muri iki cyiciro harimo nababyeyi bajyana nabana gusabiriza).

    Ikibazo bahuriyeho ni uko baba barataye ishuri cg batarigeze baritangira.

  • **

    IMPAMVU ZITERA UBUZEREREZI BWABANA

    Ubukene bwababyeyi;Gufatwa nabi mu muryango (Cyane mu gihe ababyeyi batakibana );Ubwumvikane buke numwiryane hagati yababyeyi;Ubupfubyi bwumwana ku babyeyi bombi;Umubare wabana benshi mu miryango;Kunanirana nuburara bwabana;Kudohoka kwababyeyi ku nshingano zabo;Kuba abana bakoreshwa imirimo myinshi ntibahabwe umwanya wo gukina no kwidagadura;

  • UKO ABANA BO MU MUHANDA BABAHO

    GUKORESHA IBIYOBYABWENGEGanja( cannabis sativa)Ikivuge (Glue)Kanyanga (illicit spirit = disapproved of or not permitted for moral or ethical reasons)Petrol (Premium essence)Tunuri (Illicit brew = to make (beer, ale, etc.) by steeping, boiling, and fermenting malt and hops)Muriture (illicit brews)Bareteta (illicit brew)Mailungi (khat) Igisasu (illicit brew)Mugo (illicit brew)Trente-six oiseaux (thirty six seed from a local wild plant called Rwiziringa that are taken once)

    **

  • UBURYO BWO KUBAHOGusaba;Kwiba mu ngo zabantu /ku muhanda;Kugura ibyo kurya;Kurya ibyasigaye mu ma resitora;Ubugiraneza bwabantu;Gutoragura ibyo kurya mu bimpoteri cyangwa aho imodoka zihagarara/mu baturanyi babo;Utabonye asangira nutagize icyo abona;Hari abarya iwabo.

    **

  • IBIBAZO BAHURIRA NABYO MU MUHANDAGufatwa ku ngufu;Gukubitwa no gukomeretswa;Kutagira ibyo kurya/Inzara;Kutagira aho kuryama;Kutavurwa mu gihe cyubrwayi;Kubaho nabi buri gihe;Gufatwa nabi na buri wese umubonye (umwana mubi).

    **

  • AKWIYE GUFATWA ATE

    Kwitabwaho nkabandi bana bose;Gukundwa;Aho kumubona nkikibazo mubone nkuwagize ikibazo Cg uwagitejwe; Guhindura imyumvire itari myiza abantu bafite ku bana bo mu muhanda;Abamwitaho bakwiye kubakirwa ubushobozi;Gukurwa mu muhanda akubakirwa ubushobozi kugira ngo ahuzwe numuryango mu buryo burambye.

    **

  • **ICYAKOZWE(cont)

    Politiki ihuza uburenganzira bwose bwumwana; yarakozwe kandi iri gushyirwa mu bikorwa kugira ngo umwana wese yitabweho harimo numwana wo mu muhanda;

    Hashyizweho Transit Centers 3 zakirirwamo abana binzererezi bavanwe mu mihanda kandi zirarushaho kwiyongera hagendewe kuri gahunda zUturere;

    Uyu mwaka hatewe inkunga ibigo 16 byita ku bana binzererezi byose byahawe miliyoni 264,368,268.

  • ICYAKOZWE (cont)

    Hari amafaranga yatanzwe na Leta nubu agitangwa binyujijwe muri NCC akohererezwa Uturere kugira ngo abana bari mu bigo byinzererezi bitabweho: Urugero mu mwanka wingengo yimali wa 2013-2014 ibigo byita ku bana binzererezi byahawe miliyoni 268,368,268 zamafaranga yu Rwanda; naho muri uyu mwaka wa 2014-2015 ni 264,368,268.Abasosiyari bibigo byita ku bana binzererezi bafasha abana kuva mu ma seta yabo yo ku muhanda bajya muri ibi bigo bibitaho igihe gito bakabategura ndetse nimiryango yabo, bagahita bajyanwa mu miryango bakomokamo ndetse niyo babashakiye aho bishoboka;**

  • Abana bahoze mu buzererezi bakabuvanwamo nibigo bibibitaho basubijwe mu miryango yabo. Mu mwaka wa 2013/2014 hasubujwe mu muryango abana 1036;Hateguwe gahunda yo kuvana abana binzererezi mu mihanda(ishyirwa mu bikorwa rya ICRP), kubasubiza mu buzima busanzwe no gukumira ikibazo cyubuzererezi;Umwaka wa 2014-2015 hazaterwa inkunga imiryango 394 ifite abana bavuye mu muhanda Imiryango 15 izafashwa muri buri Karere mu mwaka wa 2014-2015

    **ICYAKOZWE (cont)

  • ICYAKOZWE (cont)

    Umushinga witegeko rya Prerezida rishyiraho ibigo byagateganyo byita ku bana binzererezi warakozwe ndetse waganiriweho nabafatanyabikorwa.

    **

  • **Ibyo NCC isaba UTURERE

    Gukangurira ababyeyi kwita ku nshingano zabo, gukurikirana ko nta bana bava mu miryango yabo ngo bajye mu mihanda no kugira inama ababyeyi bateshuka ku nshingano zo kwita ku bana babo;

    Gukora raporo igaragaza abana bavuye mu miryango yabo bakajya mu mihanda igashyikirizwa NCC

    Kugaragaza imiryango ikennye kurusha indi no kuyifasha muri gahunda zatuma yivana mu bukene (ubudehe, amakoperative,VUP ..);

  • **Ibyo NCC isaba UTURERE (Cont)Gushyira mu mihigo yatwo gahunda yo gukumira ubuzererezi;Kumenyekanisha mu baturage ikibazo cyabana binzererezi no kubashishikariza kurinda no guteza imbere uburenganzira bwabo;Kuganiriza umubyeyi uta inshingano zo kwita ku mwana yabyaye cg yemeye kwitaho.Guteza imbere ibiganiro hagati yumubyeyi nAbana arerera;Igenzura rihoraho ku kibazo cyubuzererezi kugira ngo biherweho hafatwa ingamba zo gukumira; mu Midugudu ndetse no mu mashuriGukoresha amafaranga aba yagenewe ibikorwa byose bireba abana mu Turere

  • Icyo NCC isaba ibigo byita ku bana bInzererezi

    Kubakangurira kuva mu buzererezi (Babasanze ku ma seta yabo cg cyangwa ubukangurambaga bwa rusange);Gushaka umuryango wumwana adatindijwe mu kigo (igihe umuryango wumwana uzwi);Gutanga raporo buri gihembwe nigihe icyo ari cyo cyose NCC icyeneye amakuru ku bana

    **

  • Ibibazo byagaragayeAbana bakomeje kwiyongera ku muhanda;Ababyeyi bamwe ntibita ku nshingano yo kurera abana babo;Ukudakoresha ingengo yimari yateganyirijwe gutera inkunga ibikorwa byose bigenerwa abana mu Turere tumwe na tumwe Urugero: Ni nka Kicukiro, Bugesera, Karongi na RutsiroIngengo yimari ishyirwa muri gahunda yo kurwanya ubuzererezi mu bana no guhuza umwana numuryango iracyari nke;Imbaraga zishyirwa mu ikumira ryikibazo ni nkeyaIkigo kibakira cya Gikondo TC gifite ubushobozi buke

    **

  • **INGAMBA

    Kuvana abana binzererezi mu mihanda no kubashyira mu bigo bibategurira gusubira mu buzima busanzwe;Gusubiza abana binzererezi mu buzima busanzwe, ubu mu bigo hari mo abana 1104; abakobwa ni 83 naho abahungu ni 1021Gukangurira abaturage ninzego zibanze kurinda abana ubuzererezi;Gukumira kugira ngo hatagira abana bakomeza kujya mu muhanda.Kubaka ubushobozi bwimiryango ifite ibibazoGukemura ikibazo cyumwana mu buryo burambye

    *

  • **

    *We owe our children the most vulnerable citizens in any society a life free from violence and fear. Nelson Mandela